Ibindi bikorwa by’uwashinze Umuryango Imbuto

  • Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame nka Perezida wa Unity Club yahaye inzu 20 abana b’imfubyi ndetse anifatanya n’abana 500 bo mu karere ka Rubavu k’umunsi mukuru wa Noheli. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu gikorwa cyo gukusanya ku nshuro ya 4 inkunga za Global Fund, wateguwe na Friends of the Global Fund Africa. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yitabiriye ihuriro rya AERG Girls Forum. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Kuwa 28 Mutarama 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yitabiriye I Addis Ababa, ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 Umuryango w’abafasha b’abakuru b’ibihugu by’Afurika mu kurwanya SIDA(OAFLA) umaze ushinzwe. Ku bisobanuro birambuye kanda hano ://www.oafla.org/
  • Kuwa 5 Gashyantare 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame, yatanze ikiganiro k’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda mu ihuriro mpuzamahanga ry’abategarugori ribanziriza igikorwa cya National Prayer Breakfast ryabereye i Washington D.C. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Kuwa 1 Werurwe 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu birori byo kwizihiza imyaka 20 ProFemmes Twese Hamwe imaze ishinzwe. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Kuwa 26 Gicuransi 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yatorewe kuba visi perezida w’ Umuryango w’abafasha b’abakuru b’ibihugu by’Afurika mu kurwanya SIDA(OAFLA) mu matora y’inteko rusange yabereye i Addis Abeba. Kanda kuri http://www.oafla.org/ usome amakuru arambuye.
  • Kuwa 4 Kanama 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu birori byo kwizihiza yubile y’imyaka 50 paruwasi ya Mushaka imaze. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo
  • Kuwa 7 Kanama 2013, madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu muhango wo gufungura ihuriro mpuzamahanga ry’abategarugori mu karere ka Huye ryateguwe n’itorero ry’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi. Kanda hano usome ijambo rya Madamu Jeannette Kagame
    Soma Ijambo