URUBUGA RW’URUBYIRUKO

Ese hari uburyo bwa kamere bwo kwirinda inda zitateguwe

Bisaba kubara ibihe by’uburumbuke bw’umubiri.Ugomba kemenya ibihe urimo kugira ngo wirinde gusama cyangwa se ugakoresha agakingirizo. Umunsi wa mbere wo kujya mu mihango ,niwo munsi wa mbere w’ukwezi k’umugore. Ukwezi k’umugore kugabanyijemo ibice bibiri bitandukanywa n’igihe cy’uburumbuke. Igice cya mbere kirangirana n’igihe igice cya kabiri kimara iminsi 14.