URUBUGA RW’URUBYIRUKO

Ese guha akato abafite ubwandu bwa SIDA bisobanuye iki?

Guha akato bisobanuye gufata umuntu ukamubona cyangwa ukamufata mu buryo butaribwo bwo kumupfobya no kumutesha agaciro bitewe ni umwihariko afite. Guha akato umuntu ubana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA sibyo kandi ni uguhohotera uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Abantu bose bakwiye kubahwa ndetse no gufashwa kimwe.