URUBUGA RW’URUBYIRUKO

Iki bita ubufasha bw’uwakuyemo inda?

Ubufasha bunegerwa uwakuyemo inda , ni ubufasha bwo kugabanya imfu ndetse n’ibikomere biba byatewe n’inda yavuyemo nabi ndetse n’ibyago bigendana nabyo. Ibibazo byo gushaka kuvamo kw’inda bigira ingaruka ziteye ubwoba kuko bishobora kuganisha ku rupfu rw’umwana n’umubyeyi.